Isiganwa ry'imodoka "Rwanda Mountain Gorilla Rally" ryongeye kubera mu Rwanda ku nshuro yaryo ya 24, k uri uyu wa Gatanu ...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa ...
Abantu 147 baguye mu mpanuka y'ikamyo ya essenece muri Nigeria, abatari bake barakomereka. Polisi muri Leta ya Jigawa ...
Nadal yegukanye amarushanwa akomeye muri Tennis (Grand Slam) 22, arimo Roland-Garros yari azwiho cyane yegukanye inshuro 14.
Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi yasezeweho mu cyubahiro, avugwa ubutwari bwamuranze mu buzima bwe n’uko yitangiye Igihugu. Umuhango wo gusezera kuri Amb Col ...
I Malakal muri Sudani y’Epfo ni hamwe mu bice bikoreramo ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, hakaba hakorera umutwe w’ingabo wa Rwanbatt -2 ufite inshingano zo gucunga ...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yavuze ko igihugu cye gishyigikiye ko hakomeza inzira z’ibiganiro, imvugo z’urwango ...
Inyubako y’Ubucuruzi ya Kigali Heights, yaguzwe miliyari 43 Frw na Sosiyete y’Ishoramari ya Yyussa Company Ltd, ni inyubako yubatswe n’Ikigo Fusion Capital Ltd gisanzwe gikora ishoramari mu bijyanye n ...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyafurika gishinzwe Kurwanya Indwara (Africa CDC), Dr. Jean Kaseya, yavuze ko u Rwanda ruzatsinda Icyorezo cya Marburg mu gihe cya vuba kandi bitewe n’ingamba zo kukigenzura ...
Ishami rya Loni ryita ku Buzima OMS ryashimye imbaraga n’ingamba u Rwanda rukomeje gushyira mu gukumira Icyorezo cya Marburg, ryemeza ko zirimo gutanga umusaruro ufatika. Byatangajwe n’Umuyobozi ...
Abasura u Rwanda muri iki gihe ndetse n’ababaha serivisi zitandukanye bemeza ko nta gikwiriye guhindura gahunda yo kuza mu Rwanda, kubera kwikanga icyorezo cya Marburg. Abari muri uru rwego ...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda ruherutse kwakira dose 700 z’inkingo za ...